Image default
Mu mahanga

Congo -Kinshasa: Abarundi basaga 1500 birukanwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n’amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n’abana, ni abenegihugu b’u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko aba barundi bashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y’igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

 Impunzi z’abarundi 1500 zirukanwe muri Congo -Kinshasa

 Minisitiri w’umutekano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Jean Bosco Sebishyimbo, yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n’impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Related posts

Igiciro cyo kubaka “Nairobi Expressway” gikomeje gutumbagira

EDITORIAL

Imijyi myinshi yo muri leta ya Tigray yigaruriwe n’ingabo za Ethiopia

Emma-marie

Biden ati “Abantu bashobora gupfa uko Trump atinda kuva ku butegetsi”

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar