Image default
Mu mahanga

Congo -Kinshasa: Abarundi basaga 1500 birukanwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n’amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n’abana, ni abenegihugu b’u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko aba barundi bashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y’igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

 Impunzi z’abarundi 1500 zirukanwe muri Congo -Kinshasa

 Minisitiri w’umutekano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Jean Bosco Sebishyimbo, yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n’impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Related posts

IRAN: Umuhanga mu bya nikleyeri yishwe hakoreshejwe telecomande

Emma-marie

Arusha: Ibiro by’ishyaka CHADEMA byakongotse

Emma-marie

Kenya: Abakozi ba Leta bahawe igihe ntarengwa cyo kuba barangije kwikingiza Covid-1

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar