Image default
Mu mahanga

Congo -Kinshasa: Abarundi basaga 1500 birukanwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n’amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n’abana, ni abenegihugu b’u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko aba barundi bashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y’igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

 Impunzi z’abarundi 1500 zirukanwe muri Congo -Kinshasa

 Minisitiri w’umutekano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Jean Bosco Sebishyimbo, yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n’impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Related posts

Congo-Kinshasa: Umukuru w’inyeshyamba yahamwe n’ibyaha birimo no gufata abagore ku ngufu

Emma-marie

Covid-19: Ubuyapani bwasabye Ubushinwa guhagarika gupima mu kibuno

EDITORIAL

Rihanna yasabye imbabazi nyuma yo kumurika utwenda tw’imbere yifashishije umurongo wa Korowani

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar