Image default
Mu mahanga

Congo -Kinshasa: Abarundi basaga 1500 birukanwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n’amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n’abana, ni abenegihugu b’u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko aba barundi bashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y’igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

 Impunzi z’abarundi 1500 zirukanwe muri Congo -Kinshasa

 Minisitiri w’umutekano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Jean Bosco Sebishyimbo, yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n’impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Related posts

U Bushinwa: Umwarimukazi waroze abanyeshuri 25 yakatiwe urwo gupfa

Emma-marie

Inzara muri Angola

EDITORIAL

Karidinali agiye kuburanishwa ku kunyereza umutungo wa Kiliziya Gatolika

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar