Image default
Mu mahanga

Congo -Kinshasa: Abarundi basaga 1500 birukanwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n’amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n’abana, ni abenegihugu b’u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko aba barundi bashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y’igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

 Impunzi z’abarundi 1500 zirukanwe muri Congo -Kinshasa

 Minisitiri w’umutekano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Jean Bosco Sebishyimbo, yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n’impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Related posts

Impungenge ni zose ku banye-Congo bakomeje guhungira muri Uganda

Emma-Marie

Bashyizwe mu bitaro nyuma yo gukora ‘pompages’ 400

Emma-Marie

Abo mu ishyaka rya Trump batangiye gushyigikira ko yeguzwa

Ndahiriwe Jean Bosco

Leave a Comment

Skip to toolbar