Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

Abadepite batumije Minisitiri w’Uburezi ngo asobanure uburyo ibibazo biri mu burezi bizakemuka

Emma-marie

Ku nshuro ya mbere Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda

Emma-marie

Nyamagabe: Igihano cyahawe abanyeshuri 54 ba GS Kigeme  ‘A’ cyateje impaka

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar