Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

Gahunda ya “Igira ku Murimo” ikomeje kugaragaza ubudasa mu guha urubyiruko ubumenyi

EDITORIAL

Rwanda: Nsabimana ‘Sankara’ yasabye ko urubanza rwe ruhuzwa n’urwa Paul Rusesabagina

Emma-marie

CLADHO yagaragaje icyakorwa ngo abana babeho neza kuruta uko babayeho ubu

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar