Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

Abacyekwaho kwiba batiri ku minara bafashwe

Emma-Marie

RGB yahaye gasopo ba ‘Bishop” bashaka guteza umutekano mucye muri Zion Temple

Emma-Marie

Umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rufite munsi y’imyaka 30 waragabanyutse-Ibarura

Emma-Marie

Leave a Comment

Skip to toolbar