Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

Rwanda –Burundi :Perezida Ndayishimiye yizeye ko ‘vuba ibi bihugu byongera kubana neza’

Ndahiriwe Jean Bosco

Minisitiri Gatabazi yasabye ko gusiragiza umuturage mu buyobozi birangira

EDITORIAL

Groundwater turns Eastern Rwanda into a breadbasket

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar