Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

Abatwara abagenzi Kigali–Musanze–Rubavu bafite impungenge ku igerageza rishya rya RURA

EDITORIAL

“Biteye isoni kuba umwana wabyariye mu rugo agihabwa akato” HDI

Emma-marie

Kwibuka ku nshuro ya 27: Gushyira indabo ku nzibutso biremewe ariko ….

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar