Image default
Ubukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byatumbagiye

Guverinoma yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari Frw 1359 ivuye kuri Frw 1256 bizatangira kubahirizwa tariki ya 04 Mata 2022 bigaragaza ko Mazutu yo litiro yashyizwe kuFrw 1368 ivuye ku Frw 1201. Leta ikaba yigomwe miliyari 6 kugira ngo bitazamuka kurushaho.

Inkuru irambuye ni mu kanya …

Image

Related posts

Miliyoni 27 za kawa zimaze imyaka 30 zidasazurwa

EDITORIAL

Huye: Hari abafite impungenge ko Kawa bagiye gusazura izera barashaje

EDITORIAL

“Ni ikimenyetso cy’umuhate u Rwanda rushyira mu kurengera ibidukikije”

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar