Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

Gutoza umwana imirimo yo mu rugo ni ingenzi mu buzima bwe

Emma-marie

Kigali:Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu barabihakana

Emma-marie

Minisitiri w’Intebe yakebuye abacuruzi buririra ku ntambara “iri aha naha” bakazamura ibiciro

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar