Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

Perezida Kagame aziyamamariza kongera kuyobora u Rwanda mu 2024

EDITORIAL

Perezida Kagame yavuze ko agiye gufatira ibyemezo bikomeye abayobozi bakora nabi

Emma-marie

Dr Nsanzabaganwa yatanzweho umukandida ku mwanya w’umuyobozi wungirije wa Komisiyo ya AU

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar