Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

Agapfukamunwa, intwaro ikomeye yari yarirengagijwe mu kurwanya corona virusi

Emma-marie

Abadepite n’abasenateri basanga umwanzuro w’Inteko y’u Burayi ari ikinyoma cyambaye ubusa

Ndahiriwe Jean Bosco

Perezida Emmanuel Macron yageze mu Rwanda (Amafoto)

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar