Image default
Sport

Muhadjiri yateye umugongo Rayon Sports yerekeza muri AS Kigali

Hakizimana Muhadjiri wari umaze iminsi bivugwa ko azajya muri Rayon Sports bitunguranye yerekeje mu ikipe ya AS Kigali.

Muri Nyakanga inkuru yari yabaye kimomo rutahizamu Muhadjiri uheruka gutandukana n’ikipe ya Emirates FC yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yemeye gusinyira Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 8 Nyakanga 202, amafoo yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, aragaragaza ko Muhadjili yasinyiye ikipe ya AS Kigali amasezerano yo kuyikinira mu gihe cy’umwaka umwe.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Zinedine Zidane ntashishikajwe no kuba Man Utd yamusaba kuba umutoza wayo

Emma-Marie

“Ibyo nakoze ni ishema kuri buri mugore” Salma Mukansanga

Emma-Marie

J. Cole yasubiye iwabo imikino ya BAL itarangiye

Emma-Marie

Leave a Comment

Skip to toolbar