Image default
Sport

Muhadjiri yateye umugongo Rayon Sports yerekeza muri AS Kigali

Hakizimana Muhadjiri wari umaze iminsi bivugwa ko azajya muri Rayon Sports bitunguranye yerekeje mu ikipe ya AS Kigali.

Muri Nyakanga inkuru yari yabaye kimomo rutahizamu Muhadjiri uheruka gutandukana n’ikipe ya Emirates FC yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yemeye gusinyira Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 8 Nyakanga 202, amafoo yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, aragaragaza ko Muhadjili yasinyiye ikipe ya AS Kigali amasezerano yo kuyikinira mu gihe cy’umwaka umwe.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Perezida Kagame yasabye urubyiruko rw’Afurika gukora cyane

EDITORIAL

Kicukiro:Gitifu Rutubuka yibukije urubyiruko kurangwa n’imyitwarire myiza

EDITORIAL

Amateka yihariye ya Seminari Nto y’i Butare mu mukino wa volleyball

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar