Image default
Ubutabera

RIB yafunze umuyobozi w’Ibitaro ucyekwaho ibyaha birimo n’icyo yakoresheje igitsina

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze umuyobozi w’Ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro mu cyaha akurikiranyweho harimo n’icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Ku rukuta rwa Twitter, kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 RIB yanditse iti “Uyu munsi, RIB yafunze Niringiyimana Eugene, Umuyobozi w’ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro  imukurikiranyeho ubwinjiracyaha mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mugihe iperereza rikomeje”.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Kamonyi: Umusore w’imyaka 21 aracyekwaho gusambanya umwana akanamugira umugore

EDITORIAL

Rwanda: Amazina n’amafoto y’abahamwe n’ibyaha birimo ibyo gusambanya ku gahato yashyizwe ku karubanda

EDITORIAL

Dr Rutunga yahakanye uruhare rwe mu gutsemba Abatutsi mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare (Ivuguruye)

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar