Image default
Ubutabera

RIB yafunze umuyobozi w’Ibitaro ucyekwaho ibyaha birimo n’icyo yakoresheje igitsina

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze umuyobozi w’Ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro mu cyaha akurikiranyweho harimo n’icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Ku rukuta rwa Twitter, kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 RIB yanditse iti “Uyu munsi, RIB yafunze Niringiyimana Eugene, Umuyobozi w’ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro  imukurikiranyeho ubwinjiracyaha mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mugihe iperereza rikomeje”.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Mu Rwanda zimwe mu mfungwa zigiye gufungurwa

Emma-marie

Paris: Bucyibaruta yavuze ko kuri bariyeri harebwa ibyitso bya FPR hatarebwaga Abatutsi

Emma-Marie

Munyenyezi yisobanuye avuga ko muri Jenoside nta ntege yarafite zo kwica

Emma-Marie

Leave a Comment

Skip to toolbar