Image default
Ubutabera

RIB yafunze umuyobozi w’Ibitaro ucyekwaho ibyaha birimo n’icyo yakoresheje igitsina

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze umuyobozi w’Ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro mu cyaha akurikiranyweho harimo n’icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Ku rukuta rwa Twitter, kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 RIB yanditse iti “Uyu munsi, RIB yafunze Niringiyimana Eugene, Umuyobozi w’ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro  imukurikiranyeho ubwinjiracyaha mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mugihe iperereza rikomeje”.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Ngirabatware Augustin yoherejwe gufungirwa muri Senegal

EDITORIAL

Umushinwa washijwaga gukubita abantu yabashyize ku ngoyi yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

EDITORIAL

Idamange Yvonne arakomeza gufungwa by’agateganyo

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar