Image default
Abantu

Rubavu: Abapadiri 3 bavuka mu muryango umwe

Umuryango wo muri diyosezi ya Nyundo ukoze amateka yo kwibaruka abapadiri batatu bavuka mu rugo rumwe. Abo bapadiri ni Padiri Gilbert, padiri Leandre na Padiri Revocat wabuhawe kuri uyu wa Gatandatu tariki 21/8 i Byumba.

SRC:Kinyamateka 

Related posts

Gatsibo: Umwe yitabye Imana barumuna be bajyanwa mu bitaro nyuma yo gushyingura nyirakuru

EDITORIAL

Kamonyi: Abantu 32 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

EDITORIAL

Covid-19: Mu Bubiligi abanywi b’agasembuye bariyongereye

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar