Image default
Abantu

U bubiligi bwemeye gutanga iryinyo rya Lumumba

Urukiko rwo mu Bubiligi rwategetse ko umuryango wa Patrice Emery Lumumba afatwa nk’intwari muri Afrika, usubizwa iryinyo rye. Umuryango we uvuga ko ari “intambwe ikomeye”.

Patrice Lumumba yabaye perezida wa mbere wa Congo imaze kubona ubwigenge mu 1960, yishwe mu kwezi kwa mbere 1961.

BBC dukesha iyi nkuru yandite ko Leta y’Ububiligi yagize uruhara mu rupfu rwe kandi mu 2002 yasabye imbabazi Congo mu buryo bw’inyandiko.

Abashinzwe iperereza bakomoka mu Bwongereza n’Abanyamerika nabo bivugwa ko babigizemo uruhare.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Rubavu: Umugabo ucyekwaho gushyira umwana we ku ngoyi yafashwe

EDITORIAL

Uwishe uwarokotse Jenoside y’Abayahudi yakatiwe gufungwa burundu

EDITORIAL

Umunyamideri Moses Turahirwa yasibye ‘Account’ ye kuri Twitter-Video

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar