Image default
Abantu

U bubiligi bwemeye gutanga iryinyo rya Lumumba

Urukiko rwo mu Bubiligi rwategetse ko umuryango wa Patrice Emery Lumumba afatwa nk’intwari muri Afrika, usubizwa iryinyo rye. Umuryango we uvuga ko ari “intambwe ikomeye”.

Patrice Lumumba yabaye perezida wa mbere wa Congo imaze kubona ubwigenge mu 1960, yishwe mu kwezi kwa mbere 1961.

BBC dukesha iyi nkuru yandite ko Leta y’Ububiligi yagize uruhara mu rupfu rwe kandi mu 2002 yasabye imbabazi Congo mu buryo bw’inyandiko.

Abashinzwe iperereza bakomoka mu Bwongereza n’Abanyamerika nabo bivugwa ko babigizemo uruhare.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Umunyarwanda afite isoko ry’amagi muri UN

EDITORIAL

Abatuye ku Kirwa cya Gihaya barasaba ingurane ikwiye y’imitungo yabo

EDITORIAL

Perezida umaze imyaka 43 ku butegetsi yavuze ko agifite inyota yo gutegeka

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar