Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

Ubuyobozi bwatunguwe n’imyitwarire y’abanya-Kigali ku munsi wa mbere ‘Guma mu Rugo’ yorohejwe

Emma-marie

Igihe kirageze ngo twumve ko ku kiguzi icyo ari cyo cyose tugomba kubana mu mahoro-Gen Kazura Jean Bosco

EDITORIAL

“We have our lives to live, all of us. And nobody will ever decide for us how to live our lives-President Kagame

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar