Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

“Nazatora itegeko rigena umubare fatizo w’abafite ubumuga bari mu nzego zifata ibyemezo” Gato Damien

Emma-Marie

Abanyarwanda bose basabwe kwambara agapfukamunwa no mu rugo

Emma-marie

Guma mu rugo yongerewe iminsi 15

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar