Image default
Politike

U Rwanda n’u Burundi bahuriye mu nama yiga ku bibazo bivugwa ku mupaka wa Nemba

Kuri uyu wa 26 Kanama 2020 Ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi hateraniye inama yiga ku bibazo byakunze kuvugwa kuri uyu mupaka bijyanye n’umutekano muke.

Muri iyi nama u Rwanda ruhagarariwe na Brig.Gen. Vincent Nyakarundi, Umuyobozi w’urwego rw’iperereza mu Ngabo z’u Rwanda, u Burundi bukaba buhagarariwe na Col. Ernest Musaba uyobora urwego rw’iperereza mu Ngabo z’u Burundi.

RBA dukesha iyi nkuru yatangaje ko iyi nama kandi yitabiriwe n’Urwego rwa gisirikare rushinzwe kugenzura ibibazo by’umutekano ku mipaka y’ibihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari ni urwego ruhuriwemo n’ibihugu 12 byo mu Karere.

Iyi nkuru turacyayikurikirana

Photo:TNT

Related posts

Perezida Kagame ari i Istanbul muri Turukiya (Amafoto)

EDITORIAL

Perezida Kagame yavuze ku cyerekezo 2050 aho Umunyarwanda azaba yinjiza nibura miliyoni zirenga 12 ku mwaka

EDITORIAL

Ethiopia: Abakuru b’Ibihugu bari kuganira ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar