Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’intebe, yavuze...
Umwarimu witwa Paulin w’imyaka 35 y’amavuko wigisha muri Groupe Scolaire Saint Nicolas Nyakanyinya mu Murenge wa Mururu yafatiwe mu cyuho mu gihuru saa tatu z’ijoro...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye Perezida Félix Tshisekedi wa Repuburika iharanira Demukarasi ya Congo, i Rubavu. Inkuru bifitanye isano: https://iribanews.rw/2021/06/25/perezida-kagame-na-perezida-tshisekedi-barahura-uyu-munsi/ Photo: Village Urugwiro Iriba.news@gmail.com...
Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) buvuga ko bufunze umupadiri wa paruwasi ya Rwamagana nyuma y’uko afatanywe amafaranga menshi buvuga ko ari ayibwe. Thierry Murangira, umuvugizi wa...
Muri ba Ofisiye bakuru 32 bahawe impamyabushobozi yo ku rwego rwo hejuru mu miyoborere izwi nka “Senior Command and Staff Course” harimo n’uwahoze ari Umuvugizi...
Uyu munsi kuwa gatanu biteganyijwe ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ahura na Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo. Ibinyamakuru muri DR Congo biremeza ko...
Umupadiri yatawe muri yombi mu murwa mukuru w’Ubugereki, Athens/Athènes, nyuma yo gutera aside abasenyeri barindwi bo mu idini ya Orthodox. Ibi byabaye igihe uyu mupadiri...