Inzego zishinzwe imicungire y’ubutaka zavuze ko mu kwezi kwa 12 uyu mwaka hazatangira gutangwa ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bw’ikoranabuhanga binyuze ku rubuga Irembo nk’uko na...
Nyuma y’uko Elon Musk afashe Twitter, bamwe mu bayikoresha barimo gushaka izindi mbuga bajyaho. Rumwe mu rwabyungukiyemo ni Mastodon. Ese uru ni ubwoko ki? Uru...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda aributsa ko inshingano ya mbere abashinzwe umutekano w’u Rwanda bafite ari ukurinda igihugu n’abagituye,...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda biteganyijwe ko asoza amasomo y’abofisiye bato...
Samuel Ndekyezi ni se w’umuntu wa mbere byemejwe ko warwaye akanicwa na Ebola nshya iri muri Uganda, nyuma yapfushije abandi bantu barindwi barimo abana be. ...
Umuhanzi Mariah Carey ntakirimo kuregwa guhonyora uburenganzira bw’umuhanzi ku gihangano (copyright) ku ndirimbo ye yakunzwe cyane ‘All I Want for Christmas is You’, nyuma yuko...