Image default
Amakuru

Abajya muri Resitora no mu Nsengero bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rikubiyemo ingamba nshya zigamije gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, imwe mu ngamba irimo ivuga ko abajya muri za Resitora zo mu Mujyi wa Kigali ndetse n’Imijyi yunganira Kigali bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye.

Image

Izo ngamba ziratangira kubahirizwa mu gihugu hose guhera ku wa Mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021, muri zo ngamba zafashwe harimo kuba ingendo zibujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo.

Image

Related posts

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

EDITORIAL

Ibibazo biri mu miryango byatunzwe agatoki mu nama y’Igihugu y’Abana

EDITORIAL

Rusizi: RIB yataye muri yombi abantu 12 biyita “Abamen”

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar