Image default
Ubuzima

Minisante yabujije Itangazamakuru gutangaza ibiganiro by’ubuvuzi idahagarariwe

Minisiteri y’Ubuzima ‘Minisante’ ibinyujije ku rubuga rwa Twitter, yatangaje ko Itangazamakuru ribujijwe gukora ibiganiro by’Ubuvuzi cyangwa ibyerekeye imiti udahagarariye iyi minisiteri, ikigo cyangwa urwego byemewe na MInisante. Itangazamakuru rikaba ribujijwe kwakira no gutangaza ibiganiro by’abantu batari mu nzego zavuzwe haruguru.

Image

 

Minisante yakomeje ivuga ko “Birabujijwe kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi binyuze mu isakazamashusho, ibiganiro by’itangazamakuru, ibitabo, ubutumwa bushyizwe ku mihanda cyangwa ubundi buryo. Ibigo by’itangazamakuru bibujijwe gutangaza ibikorwa byo kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi.”

iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Rwanda intensifies efforts to contain Marburg Virus as hundreds at risk are identified

EDITORIAL

Coronavirus: WHO iburira ko kudohora akato imburagihe byateza ‘ukwiyongera gushya’ k’ubwandu

Emma-marie

Covid-19: U Rwanda mu bihugu 10 biyipima cyane muri Afurika

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar