Image default
Abantu

Kirehe: Abantu 2 mu binjizaga ibiyobyabwenge mu gihugu barashwe barapfa

Ubutumwa Polisi y’u Rwanda yashyize ku rukuta rwayo rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 7Nyakanga 2020 ivuga ku irasawa ry’ aba bantu yagize iti “Kuri uyu wa Gatandatu mu rucyerera ahagana saa cyenda n’igice ubwo abashinzwe umutekano bari ku irondo mu Murenge wa Mahama, mu Karere ka Kirehe barashe ku itsinda ry’abinjizaga ibiyobyabwenge mu gihugu bambukiranya umugezi w’Akagera. Babiri muri bo bahasize ubuzima nyuma biza no kumenyekana ko ari impunzi zo mu nkambi ya Mahama”.

Related posts

Abanyarwandakazi baba muri Canada bateguye igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gufasha abana batishoboye  

EDITORIAL

Icyo Alain Gauthier avuga kuri Padiri Hitayezu ushinjwa Jenoside

EDITORIAL

Huye: Imbamutima za Uwamwezi winjiza agatubutse kubera Avoka

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar