Image default
Abantu

Kirehe: Abantu 2 mu binjizaga ibiyobyabwenge mu gihugu barashwe barapfa

Ubutumwa Polisi y’u Rwanda yashyize ku rukuta rwayo rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 7Nyakanga 2020 ivuga ku irasawa ry’ aba bantu yagize iti “Kuri uyu wa Gatandatu mu rucyerera ahagana saa cyenda n’igice ubwo abashinzwe umutekano bari ku irondo mu Murenge wa Mahama, mu Karere ka Kirehe barashe ku itsinda ry’abinjizaga ibiyobyabwenge mu gihugu bambukiranya umugezi w’Akagera. Babiri muri bo bahasize ubuzima nyuma biza no kumenyekana ko ari impunzi zo mu nkambi ya Mahama”.

Related posts

“Mpora ndota urugendo rw’urupfu rwo kwambuka mu mazi”

EDITORIAL

Ines Nyinawumuntu abwije ukuri abasore bavuga ko batinye kumutereta-Video

EDITORIAL

Bresil: Urupfu rwa Moses Kabagambe wishwe bunyamaswa rwateye uburakari abaturage

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar