Adeline Mukangemanyi kuri uyu wa Kane tariki 22, Mata, 2021 yitabye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko yari yararusabye kuzirwitaba yunganiwe. Umuvugizi w’uru rwego Dr Thierry...
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka batuye mu Mirenge irimo Nyabirasi mu karere ka Rutsiro, bavuga ko nyuma yo gutuzwa mu Midugudu ubuzima bwabo bwabaye bwiza,...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Karere ka Rusizi bimuriye ibikorwa byabo by’ubucuruzi i Bukavu muri Repuburika ya Demukarasi ya Congo bikavugwa ko bahunze imisoro ihanitse....
Kuva kuri sumaku (aimant/magnet) ifata ku cyuma kugeza ku kujugunya umupira wa basketball mu nkangara, ingufu z’ubugenge (physics) ziba mu buzima bwacu bwa buri kanya....
Idriss Déby, Perezida wa Tchad wo mu myaka 30 ishize, yabayeho kurenza izina bamuhimbaga rya ‘Le Grand Survivant’ (The Great Survivor). Uyu mugabo wari ufite...
Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ifite amatariki yihariye yishweho Abatutsi benshi icyarimwe by’umwihariko mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro. Mu ijambo ry’ibanze ry’Igitabo cyanditswe...
Umwamikazi Elizabeth II w’Ubwongereza uyu munsi ni isabukuru ye y’imyaka 95, ariko yizihiza isabukuru kabiri mu mwaka. Umwamikazi Elizabeth II agira iminsi ibiri y’isabukuru, uwa...
Igisirikare cya Chad kimaze gutangaza ko Perezida Idriss Deby Itno yapfuye azize ibikomere nyuma yo kurasirwa ku rugamba mu minsi ishize. Ibi bitangajwe nyuma y’uko...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro barataka igihombo batewe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu ‘REG’ kuko ngo cyabangiye kujya bishyuza amafaranga abafatiye ku muyoboro...