Author : EDITORIAL
Antonio Guterres yashimye uruhare rw’Abanyarwanda muri gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge
Umunyabamanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yashimye uruhare rw’Abanyarwanda muri gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge nyuma y’imyaka 29, habaye Jenoside yakorewe abatutsi. Umunyamabanga Mukuru wa Loni atangaje...
Abishe Perezida Idriss Déby bahawe imbabazi
Leta ya Tchad ivuga ko yababariye ndetse irekura inyeshyamba 380 zari zarakatiwe gufungwa burundu kubera urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Déby. Maréchal Idriss Déby yiciwe...
Stromae yongeye guhagarika ibitaramo
Stromae, umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop yahagaritse gahunda y’ibitaramo yateganyaga gukorera i Burayi, avuga ko ashaka kwibanda ku buzima bwe. Uyu muririmbyi w’Umubiligi, ufite...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gukoresha akayabo mu mushinga uzateza imbere ubuhinzi bugamije ubucuruzi
Nyuma yo kubona ko ubuhinzi bugamije ubucuruzi buhura na birantega zitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2023, yatangije umushinga wo guteza imbere ubuhinzi...
Donald Trump mu Rukiko ashinjwa kwishyura akayabo umukinnyi wa ‘Porn”
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu cyumweru gitaha azagezwa mu rukiko aregwa kwishyura umukinnyi wa ‘porn’ ngo aceceke mbere gato y’amatora ya perezida...
Bugesera: Biteguye guhangana n’icyorezo cya“Marburg”kivugwa muri Tanzania
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage hamwe n’umuyobozi w’Ibitaro bya Nyamata bavuga ko biteguye guhangana n’icyorezo cya Marburg kivugwa muri Tanzaniya, abaturage...
Burera: Abayoboke ba ADEPR batanze imisanzu yo kubaka amashuri none hashize imyaka itanu ataruzura
Mu karere ka Burera hari abaturage bo mu Murenge wa Kagogo, bavuga ko batanze imisanzu yo kubaka ibyumba by’amashuri, none hashize imyaka itanu uwo mushinga...
Nyaruguru: Agahinda k’abaturage bishyura inguzanyo mu madolari barayihawe mumanyarwanda
Hari abahinzi b’icyayi bakorana na sosiyete SCON mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barimo gusabwa kwishyura amafaranga y’umurengera ku nguzanyo bahawe ngo batangire guhingira icyayi...