Image default
Ubutabera

Bamwe mu bahoze ari abayobozi ba SONARWA barafunze

Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi y’u Rwanda (SONARWA General Insurance) Rees Kinyangi Lulu, hamwe n’uwari umucungamutungo wa Hotel Nobilis Aisha Uwamahoro, bari mu maboko y’ubugenzacyaha kuva ku itariki 2 Ukwakira 2024, aho bakurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 117 Frw.

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Dr Murangira B. Thierry, yabwiye itangazamakuru ko aba bombi bakurikiranyweho kunyereza umutungo no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda akamaro. Hotel Nobilis nayo ikaba ari umwe mu mitungo ya SONARWA.

Kugeza ubu dosiye yabo yamaze kugezwa mu bushinjacyaha mu gihe iperereza rigikomeje.

Related posts

François-Xavier Nsanzuwera mu rubanza rwa Kabuga yavuze ku ruhare rwa RTLM mu gukwirakwiza urwango

EDITORIAL

Rwamucyo yakoresheje ubwenge bwe mu ishyirwamubikorwa rya politike ya Jenoside- Me Peron

EDITORIAL

Paul Rusesabagina arakomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar