Category : Amakuru
CLADHOÂ yagaragaje icyakorwa ngo abana babeho neza kuruta uko babayeho ubu
Mu nama nyunguranabitekerezezo yateguwe n’impuzamiryango CLADHO, abayitabiriye bunguranye inama ku cyakorwa ngo ingengo y’imari igenerwa abana yongerwe hagamijwe gukemura ibibazo bibangamiye umwana, ibi bikaba byatuma...
Karongi: Abatuye mu Mudugudu wa Rugabano bajya gutira ubwiherero
Bamwe mu batujwe mu mudugudu w’ikitegererezo wa Rugabano mu karere ka Karongi bavuga ko bibagora kubona aho biherera kubera ko ubwiherero bubakiwe bwazibye. Ni...
UR izahagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga ku mategeko agenga intambara
Itsinda ry’abanyeshuri batatu biga amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda niryo rizahagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika ku by’amategeko mpuzamahanga agenga intambara. Tariki 15 Ukwakira 2022,...
Nyamasheke: Hari ibigo byigisha ikoranabuhanga bitagira umuriro na mudasobwa
Bimwe mu bigo by’amashuri byo mu karere ka Nyamasheke, bihangayikishijwe no kwigisha isomo ry’ikoranabuhanga mu gihe nta muriro bifite, abandi bakaba badafite za mudasobwa zo...
Hari bigo bya Leta bigiye kuva mu bukode
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje cyo n’ibindi bigo bya Leta birimo RDB, Ikigo gishinzwe Ubutaka; Igishinzwe iby’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro-RMB; Igishinzwe ibidukikikije-REMA bigiye kwimukira mu...
Imiti y’inkorora yakorewe mu Buhinde iracyekwaho kwica abana
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangaje ko hari ubwoko bune bw’imiti y’inkorora bushobora kuba bufitanye isano n’impfu z’abana 66 mu gihugu cya Gambia....
Ababyeyi bakwiye kumenya icyo abana babo bakoresha ‘Smartphone’
Smartphone zimaze kuba nyinshi mu bana, nko mu Bwongereza 91% by’abana b’imyaka 11 barazifite. Ariko se umwana hari icyo abura iyo ntayo afite cyangwa hari...
Karongi: Abahinzi b’icyayi bungutse ubumenyi buhambaye bwo kucyibungabunga
Intara y’Iburengerazuba ifatwa nk’Ikigega cy’ubuhinzi bw’icyayi mu Rwanda kuko 57% by’umusaruro w’icyayi u Rwanda rwohereza mu mahanga uva muri iyi Ntara. Karongi, nka kamwe mu...
Abamotari 80 bafatiwe mu mujyi wa Kigali
Mu cyumweru gishize abamotari 80 bafatiwe mu mujyi wa Kigali batwaye imizigo irenze ubushobozi bw’ibinyabiziga batwaye. Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kurwanya abantu batwara...