Kubura k’ubwato bujya hasi mu nyanja bwitwa Titan bwari bugiye gutemberera ibisigazwa bya Titanic kwateye kwibaza ibibazo ku byago biba biri mu bushakashatsi nk’ubwo hasi...
Mu ruzinduko yagiriye mu Karere ka Rubavu kuri uyu wa gatanu tariki 12 Gicurasi 2023, Perezida Kagame yasuye tumwe mu duce twashegeshwe n’ibiza, aboneraho n’umwanya...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika yatangaje agahinda yagize kandi ko arimo gusengera abagizweho ingaruka n’ibiza byavuye ku mvura yaguye mu ijoro ryo kuwa kabiri mu Rwanda,...
Imibare y’abishwe n’ibiza mu Ntara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyaruguru ikomeje kuzamuka. Abitabye Imana bamaze kuba 109. Barimo 95 b’Iburengerazuba na 14 bo mu Majyaruguru. Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba,...
Mu kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abasaza n’abakecuru b’Intwaza bo mu rugo rw’impinganzima rwa Rusizi barashima ubuyobozi bukuru bw’Igihugu bwabakuye mu bwigunge...
Nyuma yo kubona ko ubuhinzi bugamije ubucuruzi buhura na birantega zitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2023, yatangije umushinga wo guteza imbere ubuhinzi...