Ibi biri mu bikubiye mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri tariki 25 Nyakanga 2023 n’umuryango utari uwa leta ukora ibikorwa byo kwimakaza amahoro...
Journalists across the world are reminded to maintain accuracy and inclusiveness in their daily reporting routines. The message was given by Ida Jooste, Global Media...
Women and girls’ rights are not realized due to many factors among of which include the patrichircal cultures and competing ways in which players operate....
Umuyobozi mukuru wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi, yabwiye abitabiriye ibiganiro ku cyakorwa mu kuziba icyuho cy’abagore batagera ku mari mu nama ya Women Deliver,...
Mu Rwanda hateraniye inama yitwa ‘Women Deliver 2023’ yiga ku iterambere ry’umugore yitabiriwe n’abantu basaga 6000 baturutse mu bihugu bigera ku 170. Kuri uyu wa...
Kuri iki Cyumweru, i Rusororo ku cyicaro cy’Umuryango FPR Inkotanyi habereye ibiganiro byahuje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR inkotanyi Gasamagera Wellars n’urubyiruko rw’Abanyarwanda 65 baba mu...
Umukuru wa kompanyi Meta Mark Zuckerberg yavuze ko ‘app’ nshya iyi kompanyi imaze gutangiza yitwa Threads igamije kurusha Twitter. Inzobere zivuga ko Threads ishobora kwigarurira...
Abari bafite ubutaka mu Karere ka Rutsiro nyuma bugashyirwa mu buhumekero bwa Pariki ya Gishwati-Mukura, barasaba kubusubizwa, abandi bakaba bavuga ko bitabaye ibyo bahabwa ingurane...
Kubura k’ubwato bujya hasi mu nyanja bwitwa Titan bwari bugiye gutemberera ibisigazwa bya Titanic kwateye kwibaza ibibazo ku byago biba biri mu bushakashatsi nk’ubwo hasi...