Imirwano yabaye kuwa kabiri mu bice byegereye Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo mu ntera igera kuri 20Km uvuye i Goma yatumye abaturage benshi bava mu...
Ingabo za ONU ziri mu butumwa bw’amahoro muri DR Congo ku cyumweru no kuwa mbere zikoresheje za kaugujugu n’imbunda zirasa imizinga zinjiye mu mirwano ishyamirayije...
Bwa mbere mu myaka irenga 50 ishize kuwa kabiri Inteko ishingamategeko ya Amerika yumvise abategetsi bashinzwe ubutasi bwa gisirikare ku bigendajuru bidasobanutse byabonetse mu kirere...
Ingabo za Uganda zizava ku butaka bwa DR Congo mu byumweru bibiri nk’uko bivugwa n’umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka za Uganda. Lt Gen Muhoozi Kainerugaba...
Polisi ya Koreya y’epfo ivuga ko yataye muri yombi abantu babiri bacyekwaho kumena amabanga ya gisirikare bayaha umuntu byemezwa ko ari maneko wa Koreya ya...
Emmanuel Macron wahabwaga amahirwe yongeye gutorerwa kuba perezida w’Ubufaransa atsinze mucyeba we Marine Le Pen, ahita atangaza ko ari Perezida wa bose kandi ko agiye...
Kuri iki cyumweru abatora mu Bufaransa barimo guhitamo niba baha indi manda y’imyaka itanu Emmanuel Macron, w’ibitekerezo biri hagati na hagati, cyangwa kumusimbuza umuhezanguni ukomeye...
Muri Afghanistani, igisasu cyaturikije umusigiti, gihitana abantu barenga 30 mu mujyi wa Kunduz, mu majyaruguru y’igihugu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari mu isengesho ryo...