Ku nshuro ya kabiri mu buzima bwe, uwahoze ari Jenerali mu ngabo za Ethiopia ari ku isonga ry’inyeshyamba zirwanya leta ya Ethiopia mu karere k’imisozi...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere. Polisi mu gace ka Vancouver kuva ku...
Umwami Mswati wa III wa Eswatini yaba yabunze ‘yarahunze igihugu’ mu gihe imyigaragambyo y’abashaka impinduka yateje akaduruvayo imbere mu gihugu. Amakuru akomeje gucicikana mu binyamakuru...
Leta y’Ubwongereza irateganya gushyiraho amategeko yo kohereza abasaba ubuhingiro ahandi ibyabo bikigwaho ari ho bari mu gihe igiye kuganira na Denmark ku gusangira ikigo bashyirwamo...
Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’intebe, yavuze...
Umupadiri yatawe muri yombi mu murwa mukuru w’Ubugereki, Athens/Athènes, nyuma yo gutera aside abasenyeri barindwi bo mu idini ya Orthodox. Ibi byabaye igihe uyu mupadiri...
Icyamamare muri muzika Britney Spears yamaganye amasezerano agena se nk’umugenga w’ubuzima bwe n’ibintu bye ubwo yavugiraga mu rukiko i Los Angeles, anahishura ko ayo amusezerano...
Leta ya Tanzania yaraye itangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka...