Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere. Polisi mu gace ka Vancouver kuva ku...
Umwami Mswati wa III wa Eswatini yaba yabunze ‘yarahunze igihugu’ mu gihe imyigaragambyo y’abashaka impinduka yateje akaduruvayo imbere mu gihugu. Amakuru akomeje gucicikana mu binyamakuru...
Leta y’Ubwongereza irateganya gushyiraho amategeko yo kohereza abasaba ubuhingiro ahandi ibyabo bikigwaho ari ho bari mu gihe igiye kuganira na Denmark ku gusangira ikigo bashyirwamo...
Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’intebe, yavuze...
Umupadiri yatawe muri yombi mu murwa mukuru w’Ubugereki, Athens/Athènes, nyuma yo gutera aside abasenyeri barindwi bo mu idini ya Orthodox. Ibi byabaye igihe uyu mupadiri...
Icyamamare muri muzika Britney Spears yamaganye amasezerano agena se nk’umugenga w’ubuzima bwe n’ibintu bye ubwo yavugiraga mu rukiko i Los Angeles, anahishura ko ayo amusezerano...
Leta ya Tanzania yaraye itangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka...
Umugabo witwa 28 yitwa Mattia Villardita, akaba yariyemeje gufasha no gusura abana barwariye mu bitaro mu gihugu hose. wisanisha na Spider-Man, wamenyekanye mu mafilimi y’amakabyankuru,...
Indege bwite yari iya Muammar Khadafi wabaye umukuru wa Libya yaguye mu murwa mukuru Tripoli nyuma y’imyaka hafi 10 ibitswe kandi yitabwaho mu Bufaransa, nk’uko...
Umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Uganda yitabiriye imikino ya Olympiques yabaye uwa mbere basanzemo Covid-19 ageze mu Buyapani muri iyo mikino iteganyijwe gutangira ku...