Ibibazo by’irondaruhu byavuzweho n’igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle mu kiganiro bagiranye na Oprah Winfrey “birahangayikishije” kandi “byafashwe mu buryo bukomeye cyane”, nkuko bivugwa n’ubwami...
Mu kiganiro bagiranye na Oprah Winfrey, Harry n’umugore we Meghan bavuze ko – nyuma yo guhagarikirwa ubufasha n’umuryango w’ibwami hari umuherwe w’Umunyamerika Tyler Perry wabahaye...
Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we w’umuhungu rizaba rimeze....
Kurinda amashyamba ya pariki y’igihugu ya Virunga mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ahaba ingagi zo mu misozi zugarijwe no gushiraho ku isi ...
Papa Francis yakoranye inama n’umwe mu bakuru bakomeye cyane ba Shia Islam, ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe muri Iraq rwanditse amateka. Ibiro bya Grand...
Papa Francis yageze muri Iraq mu ruzinduko rwa mbere rw’umupapa muri iki gihugu, ari narwo rwa mbere akoze kuva iki cyorezo cyatangira. Uru ruzinduko rw’iminsi...
Umubare utaramenyekana w’ingona zikiri ntoya uri guhigwa nyuma y’uko zicitse ahantu zororerwaga mu ntara ya Cape Town muri Africa y’Epfo. Izigera kuri 27 muri zo...