Perezida Mohamed Abdullahi Farmajo wa Somalia nta kintu aratangariza igihugu kuva manda ye yarangira kuwa mbere ubwo hagombaga gutorwa umusimbura. Aya matora yagombaga kuba kuwa...
Perezida Joe Biden wa leza zunze ubumwe za Amerika yizeje kubaka bushya ubufatanye n’umuryango w’Ubumwe bwa Africa nyuma gato y’ijambo rye rya mbere kuri politiki...
Umusenateri muri sena ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yanditse ubusabe bwo gukuraho umukuru wa sena Alexis Thambwe Mwamba. Thambwe Mwamba ni umuntu usanzwe ariku...
Polisi ya Cameroun kuwa gatandatu yavuze ko yatangije amaperereza mu bijyanye n’abacuruza abana, bivugwa ko babagura muri Repuburika ya Centrafurika bakajya kubacuruza muri Repuburika ya...
Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye cyaha cyo kwitwaza imbunda...
Lady Gaga na Jennifer Lopez biteganyijwe ko bazaririmba mu mihango yo kurahiza umukuru w’igihugu mushya muri Amerika, Joe Biden. Lady Gaga niwe uzaririmba indirimbo y’igihugu...