Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye cyaha cyo kwitwaza imbunda...
Lady Gaga na Jennifer Lopez biteganyijwe ko bazaririmba mu mihango yo kurahiza umukuru w’igihugu mushya muri Amerika, Joe Biden. Lady Gaga niwe uzaririmba indirimbo y’igihugu...
Robert Kyagulanyi, umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi yamaganye ibyavuye mu matora by’agateganyo, anavuga ko ari we watsinze, n’ubwo komisiyo y’amatora ivuga ko amajwi yose atarabarwa. Inkuru...
Amatora y’umukuru w’igihugu muri Uganda yatangiye kuva saa moya ku isaha yaho, imirongo miremire y’abatora yabonetse mu bice bitandukanye by’igihugu, barahitamo umukandida umwe mu 10...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza itatangajwe yemereye polisi yo muri Kenya ko yishe abantu bane bo mu muryango we anatanga amakuru y’uburyo yateguye ubwo bwicanyi yifashishije...
Abategetsi muri Uganda barimo gukora iperereza ku kiri kwica amafi yo mu Kiyaga cya Victoria akomeje gupfa umusubirizo. Minisiteri ishinzwe ubworozi muri Uganda yasabye abaturage...
Abarinzi batandatu bo muri pariki ya Virunga muri DR Congo biciwe mu gico cyatezwe n’inyeshyamba. Abategetsi baravuga ko umutwe wa Mai-Mai, umwe muri myinshi ikorera...