Ku munsi we wa mbere mu biro, Perezida wa Kenya William Ruto yaraye atanze amategeko yo guhindura zimwe mu ngamba z’uwo yasimbuye, Uhuru Kenyatta. Ruto...
Ubutabera bwa Repuburika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko Uganda yahaye icyo gihugu (DRC) igice cya mbere kingana na miliyoni 65 z’amadorali y’Amerika, aya akaba...
Inteko ishingamategeko ya Uganda yasabye ko iserukiramuco ngarukamwaka rya muzika rizwi nka Nyege Nyege riteganyijwe mu minsi micye iri imbere mu mujyi wa Jinja mu...
Donald Trump yise Perezida w’Amerika Joe Biden “umwanzi w’igihugu”, mu nama ya mbere akoresheje kuva ikigo cy’Amerika cy’iperereza ry’imbere mu gihugu (FBI) gisatse inzu ye...
Icyizere cyo kuramba muri Leta zunze ubumwe za Amerika cyamanutse kigera ku myaka kitagezeho kuva mu 1996, uku kumanuka gukomeje guterwa cyane cyane na Covid-19....
Imirwano ikomeje gutangazwa mu karere ka Amhara ko mu majyaruguru ya Ethiopia – gahana imbibi n’akarere ka Tigray – nyuma yuko mu cyumweru gishize agahenge...
Roland Mesnier, wavukiye mu Bufaransa wahoze ateka imigati y’ibiro bya Perezida w’Amerika bizwi nka White House, watekeye ba Perezida batanu b’Amerika, yapfuye ku myaka 78....
Umupfakazi wa Kobe Brayant yagenewe impozamarira ya miliyoni $16 kubera amafoto yasohowe y’ahabereye impanuka ya kajugujugu yishe umugabo we n’umukobwa we mu 2020. Vanessa Bryant...