Banyarwanda kuki mutapfa murwana aho gupfa gutyo gusa, ugapfa nk’isazi?-Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yatangaje ko hari abantu bigeze kujya kumureba, bamubwira ko akunda kunenga ibihugu bikomeye ku Isi, bityo ko yishyira mu byago byo kuzicwa...