Nyuma y’imyaka igera kuri itanu ubwe atagaragara cyane muri politike n’itangazamakuru, Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yatangaje ko iki gihugu “kiri hafi...
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bahanganye n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bataturutse mu Rwanda ubwo basubukuraga imirwano...
Mu ijambo risoza umwaka wa 2024, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje icyerekezo cy’umutekano n’amahoro mu Karere, yizeza Abanyarwanda ko umutekano w’Igihugu uzahora urinzwe. Iri...
Abinyujije ku rukuta rwa X, Perezida Paul Kagame yashimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko u Rwanda n’Abanyarwanda bishimiye iyi...
The National Electoral Commission (NEC) has announced the preliminary results from the vote count for the 53 directly elected Members of Parliament, revealing that the...
Mu karere ka Musanze, abaturage biganjemo urubyiruko bazindukiye mu matora y’umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite. Saa moya za mu gitondo, isaha nyirizina yo gutangira yasanze abatora bategereje...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu iterambere wa Burundi, Albert Shingiro, yahuye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, hamwe na Minisitiri ushinzwe Ubutwererane...