Category : Politike
Antonio Guterres yashimye uruhare rw’Abanyarwanda muri gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge
Umunyabamanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yashimye uruhare rw’Abanyarwanda muri gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge nyuma y’imyaka 29, habaye Jenoside yakorewe abatutsi. Umunyamabanga Mukuru wa Loni atangaje...
Min. Dr Bizimana yasabye Abanyarwanda kudaceceka imbere y’abasebya Igihugu n’ubuyobozi bwacyo
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mbonera Gihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, guhangana n’abahakana, abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’abakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside n’imvugo z’urwango bikwiye gukorwa...
Ethiopia: Abakuru b’Ibihugu bari kuganira ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo
Abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’iburasirazuba bateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia bayobowe na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Perezida João Lourenço wa Angola biga...
EAC yafashe ibyemezo bikomeye ku mirwano ibera muri DR Congo
Inama yahuje abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) i Bujumbura yategetse “impande zose” ziri mu mirwano muri DR Congo “guhagarika imirwano”. Iyi nama idasanzwe...
Papa Francis yasabye amahanga guhagarika ‘kuniga’ Afurika
Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika Papa Fransisko ari mu ruzinduko agirira mu bihugu bibiri by’Afurika. Yatangiriye urwo ruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo. Ni...
Rwongeye kwambikana hagati ya M23 n’Ingabo za Leta ya Congo
Imirwano “ikomeye” yubuye mu gitondo cyo kuwa kabiri mu gace ko hafi y’umujyi wa Kitchanga hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta. Umunyamakuru uri mu...
Ubu buryarya no gushinja u Rwanda ibinyoma tumaze kuburambirwa kandi bigomba guhagarara-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yibukije Abanyarwanda ko hasigaye umwaka umwe gusa gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi (NST1) ikarangira, yongeraho ko hari intambwe ishimishije yatewe...
Abategetsi b’u Burundi baje mu Rwanda gushishikariza impunzi gutahuka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 19 Ukuboza 2022, u Rwanda rwakiriye itsinda ry’abayobozi mu nzego zitandukanye za Leta y’u Burundi, muri gahunda...