Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko bimwe mu bishanga bahingamo bidatunganijwe neza kuko nta miyoboro y’amazi irimo,...
Mu Karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa bafite impungenge ko Kawea bagiye gusazura zizera barashaje, izi mpungenge ariko bamwe mu bahinzi bagaragaza ko...
Abasesengura ibijyanye n’ubukungu bagaragaza ko imiyoborere iha umuturage agaciro n’uruhare rwabo mu bikorwa bitandukanye by’iterambere, ari kimwe mu byafashishije kuzamura urwego rw’ubukungu muri iyi myaka...
Urugaga rw’abikorera mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba rwasabye Leta ya Congo kwisubiraho ku cyemezo yafashe cyo guhagarika ingendo za RwandAir muri icyo gihugu, kuko kibangamiye...
Mu Rwanda byitezwe ko umuvuduko w’izamuka ry’igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko uzaba hejuru y’urubibi ntarengwa rwa 8% mu mwaka wa 2022, mbere yo kugabanuka usatira...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyagaragaje ko ibiciro mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata, byakomeje gutumbagira ugereranije n’amezi atatu ya mbere y’umwaka wa 2022 ndetse n’uko...
Guverinoma y’u Rwanda yemeza ko ishoramari mu maturagiro y’imishwi y’inkoko ryiyongere ndetse ryageze no ku rwego mpuzamahanga, aho buri kwezi imishwi 100.000 yaturagiwe mu Rwanda...
Guverinoma yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari Frw 1359 ivuye kuri Frw 1256 bizatangira kubahirizwa tariki ya 04 Mata 2022...