Urubanza rwa Idamange Yvonne rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’urukiko rwakoreye mu karere ka Nyanza mu majyepfo mu gihe we yari i Kigali muri gereza afungiyemo....
Ku wa kane tariki ya 08 Mata 2021, Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwashyikirijwe dosiye y’umugabo ucyekwaho icyaha cyo gusambanya abana batatu b’abakobwa bari mu...
Ubushinjacyaha burashinja Paul Rusesabagina ibyaha icyenda birimo kuba mu mutwe w’Iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba. Iki cyaha yacyemereye urukiko rw’ibanze ubwo yaburanaga ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo,...