Urukiko rukuru rwahanishije Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umuco igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga milioni 30. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha...
Byari byitezwe ko urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge mu mujyi wa Kigali  rutangaza ibihano mu rubanza ubushinjacyaha buregamo  Ishimwe Dieudonne ‘Prince Kid’ wateguraga amarushanwa y’ubwiza. Ariko...