Umuhuzabikorwa wa ‘ IZERE MUBYEYI ORGANIZATION’ wita ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe, avuga ko aba bana atari ‘umuzigo’ ahubwo ari impano y’Imana ntawe...
Hari ibiryo bifasha gutuma wumva umeze neza, bigakarishya ubushobozi bwo kwibuka, kandi bigafasha ubwonko gukora neza. Ni ibyemezwa na Uma Naidoo inzobere mu buvuzi bwo...
Abahagarariye amavuriro ya Leta mu Mujyi wa Kigali, barataka igihombo cy’amafaranga asaga miliyari 1 Frw ya serivise batanze ku baturage ntibishyure izo serivise kubera ubushobozi...
Ubushakashatsi bwagutse buravuga ko hari ifunguro ryihariye rishobora kukurinda cyane ikibazo cya ‘dementia’ (ibibazo mu gutekereza neza, kwibuka no gufata imyanzuro). BBC Food yavuganye n’inzobere...
Bamwe mu rubyiruko bavuga ko baterwa isoni no kujya kugura agakingirizo bakavuga mu izina bigatuma bahitamo gukoresha imvugo izimije cyangwa bagaca amarenga. Ibi ariko hari...
“Imyaka ya mbere y’urugo rwacu yari myiza cyane mu mibonano y’abashakanye…ariko uko agenda akura(umugabo), ubona agenda abura ubushake bw’igitsina”. Iyi ni imwe muri ‘comment’ nyinshi...