Image default
Mu mahanga

DR Congo: Umusirikare ‘wasinze’ yishe abantu 12

Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko umwe muri abo yishe bivugwa ko ari umwana w’umukobwa w’imyaka ibiri y’amavuko.

Ibyo byabaye ejo ku wa kane mu ntara ya Kivu y’amajyepfo mu burasirazuba bw’iki gihugu.

Habaye imyigaragambyo y’abaturage barubiye bamagana ingabo za DR Congo mu mujyi wa Sange muri iyo ntara, aho imihanda myinshi yafunzwe.

Related posts

USA: ‘Icyumba Byabereyemo’ igitabo Perezida Trump ahanganye nacyo ngo kidasohoka

Emma-marie

Ukekwaho kurasa abantu mu kivunge yacakiwe

EDITORIAL

Nigeria: ONU yamaganye itegeko ryo gushahura uwasambanyije umwana

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar