Image default
Sport

FERWAFA isabye imbabazi Abanyarwanda amazi yararenze inkombe

Nyuma y’aho Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yaterewe mpaga n’akanama k’imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) kubera gukinisha Muhire Kevin utari wemerewe gukina umukino wayahuje na Benin ku wa 29 Werurwe 2023, FERWAFA isohoye itangazo isaba imbabazi Abanyarwanda.

icyemezo cy’akanama k’imyitwarire cyivuga ko u Rwanda rwatewe mpaga (ibitego 3-0) kandi kikaba cyitajuririrwa kuko nta bujurire ubwo ari bwo bwose bwemewe.

Related posts

Kicukiro:Gitifu Rutubuka yibukije urubyiruko kurangwa n’imyitwarire myiza

EDITORIAL

Abakinnyi ba Senegal bahize umuhigo kubw’umutoza wabo Aliou Cissé uri ku gitutu

EDITORIAL

USA:Icyamamare muri WNBA yahagaritse gukina ngo afunguze uwarenganaga

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar