Image default
Sport

FERWAFA isabye imbabazi Abanyarwanda amazi yararenze inkombe

Nyuma y’aho Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yaterewe mpaga n’akanama k’imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) kubera gukinisha Muhire Kevin utari wemerewe gukina umukino wayahuje na Benin ku wa 29 Werurwe 2023, FERWAFA isohoye itangazo isaba imbabazi Abanyarwanda.

icyemezo cy’akanama k’imyitwarire cyivuga ko u Rwanda rwatewe mpaga (ibitego 3-0) kandi kikaba cyitajuririrwa kuko nta bujurire ubwo ari bwo bwose bwemewe.

Related posts

Abakinnyi bamwe b’Amavubi basezerewe mbere yo gutangira umwiherero wa kabiri

Emma-marie

Leta yemeye ko ibikorwa bya Sport bisubukurwa

Emma-marie

Rutahizamu wa Senegal Sadio Mané ntazakina igikombe cy’isi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar