Image default
Sport

FERWAFA isabye imbabazi Abanyarwanda amazi yararenze inkombe

Nyuma y’aho Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yaterewe mpaga n’akanama k’imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) kubera gukinisha Muhire Kevin utari wemerewe gukina umukino wayahuje na Benin ku wa 29 Werurwe 2023, FERWAFA isohoye itangazo isaba imbabazi Abanyarwanda.

icyemezo cy’akanama k’imyitwarire cyivuga ko u Rwanda rwatewe mpaga (ibitego 3-0) kandi kikaba cyitajuririrwa kuko nta bujurire ubwo ari bwo bwose bwemewe.

Related posts

Yasipi Casimir yabaye uwa mbere mu irushanwa yitabiriye wenyine

EDITORIAL

Nta kuntu Cristiano yari kuza muri Manchester United atabivuganyeho na Sir Alex’

EDITORIAL

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryaciwe miliyoni 120 Frw

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar