Image default
Sport

FERWAFA isabye imbabazi Abanyarwanda amazi yararenze inkombe

Nyuma y’aho Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yaterewe mpaga n’akanama k’imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) kubera gukinisha Muhire Kevin utari wemerewe gukina umukino wayahuje na Benin ku wa 29 Werurwe 2023, FERWAFA isohoye itangazo isaba imbabazi Abanyarwanda.

icyemezo cy’akanama k’imyitwarire cyivuga ko u Rwanda rwatewe mpaga (ibitego 3-0) kandi kikaba cyitajuririrwa kuko nta bujurire ubwo ari bwo bwose bwemewe.

Related posts

Yasipi Casimir yabaye uwa mbere mu irushanwa yitabiriye wenyine

Emma-Marie

Amavubi yahawe urw’amenyo, umukunzi wayo yandika ibaruwa

Ndahiriwe Jean Bosco

Team Manager wa Gasogi United yishwe n’impanuka

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar