Image default
Amakuru

Nyabihu: Mu rugo rw’umuturage habonetse imibiri y’Abatutsi bishwe muri jenoside

Mu Murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu habonetse imibiri y’abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi mibiri yabonetse mu musarani uri mu rugo rw’umuturage, wari uherutse gutabwa muri yombi aza kurekurwa none ubu ngo yaratorotse.

Image

Abaturage bo muri aka gace, bavuga ko iyi mibiri ishobora kuba ari iy’umuryango w’abantu 6 bishwe batwitswe tariki 7 Mata 1994. Gusa ngo mu 2002 bagiye kuyishaka ngo bayishyingure mu cyubahiro barayibura, aho bakeka ko nyiri urwo rugo bayisanzemo, ari we wayijugunye mu musarane.

Image

SRC:RBA

Related posts

RIB yafunze umuforomo n’umuganga bo ku ivuriro ‘Santé pour tous’

Ndahiriwe Jean Bosco

Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa inzu yiswe ‘Kigali International Finance & Business Square’

EDITORIAL

Exploring sustainable energy options to minimize firewood consumption in tea factories in Rwanda.

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar