Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya ryemejwe na Papa Piyo XII ku italiki ya 1 Ugushyingo 1950. Muri Bibiliya, igice cy’Isezerano rya kera n’Irishya ntaho...
Umushumba w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr. Paul Gitwaza, abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yashimye ubutwari bwaranze abagabo n’abagore babohoye u Rwanda....
Bamwe mu bapasiteri n’abavugabutumwa bo mu Itorero rya ADEPR mu Karere ka Gasabo baravuga ko abari ku rwego rumwe imishahara yabo isumbunana muri ibi bihe...
Bamwe mu basore n’inkumi bo mu madini n’amatorero atandukanye bari bafite umushinga w’ubukwe bagakomwa mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19, bahisemo kwishyingira kuko batari bazi igihe...
Arabia Saoudite yategetse ko uyu mwaka nta banyamahanga bagomba kujyayo mu mutambagiro mutagatifu wa kisilamu, uzwi nka Hajj, mu rwego rwo kwirinda coronavirus. Umubare muto...
Papa Francis avuga ko icyorezo cya coronavirus cyerekanye neza uko abakene bigijweyo muri sosiyete. Avuga ko ubukene kenshi buhishwa, ariko kugerageza gufasha abandi bidufasha kumenya...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yamaganye urupfu rwa George Floyd, umwirabura wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika uherutse kwicwa n’umupolisi. Inkuru dukesha ‘CBS News’...