Image default
Amakuru

Dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye-Perezida Kagame

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Mwalimu, Perezida Kagame yifurije abarimu bose umunsi mwiza, agaragaza ko abanyeshuri ndetse n’ababyeyi bishimira serivisi zabo.

Perezida wa Repuburika Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yifurije abarimu umunsi mwiza yagize ati “Turazirikana Umunsi Mukuru Mpuzamahanga wa Mwalimu. Dufate umwanya dushimire abarimu bacu cyane cyane muri ibi bihe bikomeye. Abanyeshuri n’ababyeyi bishimira serivisi zanyu ntasimburwa. Dufatanye, dufungure amashuri, abana bacu bige mu mudendezo.”

Iriba.News@gmail.com

Related posts

How To Sneak More Fruits Into Your Diet

Emma-marie

Hatunzwe agatoki ikimenyane n’icyenewabo mu bituma umutungo wa Leta unyerezwa

Emma-marie

Guverinoma y’u Rwanda izashyira Miliyari 16 Frw mu mishinga igamije guhangana n’imihindagurikire y’ikirere

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar