Author : Emma-marie
Ibinini bibuza gusama Microgynon na Norlevo bitandukaniye he?
Abagore n’abakobwa bakora imibonano mpuzabitsina idakingiye hari amoko atandukanye y’ibinini banywa bibuza gusama, muri iyi nkuru turagaruka kuri Microgynon n’ibindi byitwa Norvelon. Ibinini byitwa Microgynon...
Ubushinwa bukora bute ibijyanye no kuvana abaturage mu manegeka?
Intara ya Yunnan iherereye mu majyepfo y’Iburengerazuba bw’igihugu cy’ubushinwa. Ni intara isa cyane n’u Rwanda bitewe n’imiterere yaho irangwa n’imisozi myinshi. Ibi bituma utu duce...
Amasomo yasubukuwe bamwe ntibasubiye ku ishuri kuko batwite
Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa gatatu n’uwa gatandatu hamwe n’abiga mu mashuri abanza muwa gatanu n’uwa gatandatu nibo babimburiye abandi gusubukura amasomo...
Menya umujyi ufite umushahara fatizo ku bakozi uri hejuru kurusha ahandi ku isi
Geneva ni ahantu hacyize. Ni ikicaro cya banki nyinshi zikomeye zigenga, Umuryango w’abibumbye, n’inzu za Sotheby’s na Christie’s zizwi cyane muri cyamunara z’amabuye y’agaciro ahenze...
Ingorane ababyeyi bahura na zo mu gihe cyo kubyara bambaye agapfukamunwa
Kuva aho Covid-19 yadukiye ku isi mu mpera z’umwaka ushize wa 2019, ntabwo kubyara cyangwa se kuvuka byahagaze. Ababyeyi barabyaye kandi basabwa kubahiriza ingamba zo...
Perezida Kagame yifurije Karidinari Kambanda imirimo myiza
Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe Arkiyepiskopi wa Kigali Musenyeri Antoine Kambanda uherutse kugirwa Karidinali na Papa Francisko. ...
Canada: Abantu babiri bishwe batewe icyuma i Québec
Abantu batari munsi ya babiri bishwe batewe icyuma (cyangwa imbugita mu Kirundi) naho abandi batanu barakomereka mu mujyi wa Québec muri Canada, nkuko polisi ibivuga....
Min. Shyaka yakuyeho urujijo ku bibwiraga ko insengero zose zemerewe gukora
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yasobanuye ibya 50% bemerewe kujya mu nsengero, akuraho urujijo ku bibwiraga ko ari insengero zose zemerewe gukora ariko zikakira...