Ntwari Manzi Albert, wigaga mu ishuri ryitwa Academie De La Salle mu Karere ka Gicumbi niwe wahize abandi mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, uwa mbere...
Smartphone zimaze kuba nyinshi mu bana, nko mu Bwongereza 91% by’abana b’imyaka 11 barazifite. Ariko se umwana hari icyo abura iyo ntayo afite cyangwa hari...
Silvio Berlusconi wahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani yarengeye kuba Vladimir Putin yarateye Ukraine, avuga ko uyu mutegetsi w’Uburusiya “yasunikiwe” mu ntambara. Berlusconi w’imyaka 85 yavuze...
Abagabo mu Burusiya barimo kugerageza kuva mu gihugu bahunga kwinjizwa mu gisirikare ngo bajye mu ntambara muri Ukraine. Imirongo yabaye miremire ku mupaka kuva kuwa...