Jacinda Ardern yavuze ko mu kwezi gutaha azegura ku mwanya wa minisitiri w’intebe wa New Zealand kuko “nta ngufu asigaranye” zo gutegeka. Jacinda yagize...
Igikomangoma Harry avuga ko yari afite ibyajya mu “bitabo bibiri” ndetse ko mu cyo yasohoye hatarimo ibintu bimwe kuko se na mukuru we bashoboraga kutazamubabarira...
Nyuma y’amasaha macye umunyamideri Moses Turahirwa asabye imbabazi kubera amashusho ye yagiye ku karubanda ari gusambana n’abandi bagabo, yahise asiba account ye kuri Twitter yari...
Igikomangoma Harry yavuze ko mukuru we William yamusagariye akamukubira, nk’uko ikinyamakuru Guardian kivuga ko kibikesha igitabo cye, Spare, kiri hafi gusohoka. Guardian ivuga ko...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwatangaje ko bubabajwe n’urupfu rutunguranye rwa Uwamariya Joselyne Fannette wayobora Komisiyo Ngenzuzi y’iyi kipe. Nyakwigendera akaba yarigeze no kuba umunyamakuru...
Walter Cunningham umuhanga mu by’isanzure w’umunyamerika wari usigagaye mu bari bagize ubutumwa bwa NASA bwa mbere bwerekanywe burimo kuba kuri television, yapfuye ku myaka 90....
Papa Benedigito wahoze ari umushumba wa Kiriziya Gatorika “Ararembye”. Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko uyu munsi kuwa gatatu, yavuze ko, Papa Benedigito arwaye cyane....
Umuraperi Tory Lanez yahamwe no kurasa mugenzi we icyamamare muri hip-hop Megan Thee Stallion mu 2020. Inteko y’abacamanza i Los Angeles yahamije icyaha uwo munya-Canada...
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yashinje abasirikare ba Eritrea kwica nyirarume mu ntambara yashegeshe akarere ka Tigray ko mu majyaruru ya Ethiopia....