Umusirikare w’Umurusiya ari gushakishwa kuko akekwaho kwicisha ishoka mugenzi we akanica abandi babiri abarashe, mu kigo cya gisirikare kiri mu majyepfo y’igihugu, nk’uko abakora iperereza...
Ukekwaho kurasa padiri wo mu idini rya Orthodoxe ukomoka mu Bugereki ariko ukorera ubutumwa mu Bufaransa, yemeye ko yamurasiye mu mujyi wa Lyon mu cyumweru...
Christian Tumi umukardinali gatolika umwe gusa Cameroun igira, ejo kuwa kane yashimuswe n’abitwaje intwaro baharanira ubwigenge bw’agace ko muri iki gihugu. Musenyeri George Nkuo umushumba...
Umukandida w’Abademokarate Joe Biden imibare yerekanye ko yizeye gutsinda muri leta ya Michigan, aho Biden yahise agira ati: “nta kabuza tuzatsinda”. Donald Trump yatangije intambara...
Perezida Trump ntavugwaho rumwe muri Africa, hari Abanyafurika berekana ko bamushyigikiye nubwo badatora, hari n’abifuza ko yatsindwa aya matora. Mu 2018 Trump yatunguye benshi ubwo...
Intara ya Yunnan iherereye mu majyepfo y’Iburengerazuba bw’igihugu cy’ubushinwa. Ni intara isa cyane n’u Rwanda bitewe n’imiterere yaho irangwa n’imisozi myinshi. Ibi bituma utu duce...
Geneva ni ahantu hacyize. Ni ikicaro cya banki nyinshi zikomeye zigenga, Umuryango w’abibumbye, n’inzu za Sotheby’s na Christie’s zizwi cyane muri cyamunara z’amabuye y’agaciro ahenze...
Ubu noneho byatangajwe ku mugaragaro – Perezida John Magufuli yatorewe manda ya kabiri n’amajwi 84%. Uwamuguye mu ntege mu bo bahatanaga ni Tundu Lissu wagize...
Leta ya Qatar yavuze ko igiye gukora iperereza ku birego bivuga ko abagore bari bakatishije amatike yo mu ngendo 10 z’indege zitandukanye basatswe bambaye ubusa...
Leta ya Australia ivuga ko irimo gusaba ibisobanuro leta ya Qatar ku makuru yo “kuvogera bikomeye” abagore basatswe bambaye ubusa bakanagenzurwa mbere y’urugendo rw’indege ruva...