Prof. Laurent Nkusi, wari umuhanga mu ndimi, akaba yarakoze imirimo inyuranye, harimo kuba umwe mu bagize Guverinoma ndetse n’umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko yitabye Imana...
Binyuze ku rubuga rwa Alibaba rw’umucuruzi Jack Ma, Ikawa y’u Rwanda yiswe ‘Gorilla’s Coffee’ igera kuri toni yagurishijwe mu gihe kitageze ku munota umwe. Uruganda...
Icyorezo cya COVID19 ngo gishobora gutuma U Rwanda ruhomba miliyari zisaga 200 hagati y’ukwezi kwa kane n’ukwa gatanu muri uyu mwaka. Ibi ni ibitangazwa n’ikigo...