Imibiri 83 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda ni yo imaze gukurwa mu cyuzi cya Ruramira, kuva imirimo yo kugikamya yatangira mu mwaka ushize wa...
Iyi nyandiko ni igitekerezo bwite cy’umwanditsi witwa Mvukiyehe Rubera, utuye mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro. Mu gihe Abanyarwanda twibuka ku nshuro ya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko ibihe bidasanzwe byo guhangana n’icyorezo cya koronavirusi igihugu kirimo bidashobora kubuza abanyarwanda kuzuza inshingano yo kwibuka no guha...
Hashingiwe ku mabwiriza ya Guverinoma agamije gukumira icyorezo cya Koronavirusi, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ivuga ko habaye impinduka ebyiri mu mabwiriza yo kwibuka ku...
Leta y’u Rwanda ivuga ko iy’u Burundi ubu itemerera amakamyo y’ibicuruzwa aciye mu Rwanda kwinjira mu Burundi nk’uko byari bisanzwe, ikavuga ko ibi ari ukurenga...
Guhera mu ijoro ryo ku itariki ya 21 Werurwe saa tanu na mirongo itanu n’icyenda (23h59), ibyemezo bikarishye biratangira gukurikizwa mu Rwanda kugirango hakimirwe icyorezo...
Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) iravuga ko imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 26 jenoside yakorewe Abatutsi ikomeje, ariko ko ibikorwa bizajyana n’ingamba zizaba...