Kigali: Mu bahamagara umurongo washyiriweho abafite ikibazo cy’ibiribwa harimo n’abasaba indirimbo
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko umurongo wa telephone utishyurwa washyiriweho abaturage bafite ikibazo cy’ibiribwa uri guhamagarwa cyane ndetse bamwe bakawuhamagara basaba indirimbo. Tariki ya...