Urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Perefegitura ya Ginkongoro, kuri uyu wa mbere taliki 7 Nyakanga 2022 rwakomeje mu Rukiko rwa Rubanda i...
Uwahoze ari umusirikare mukuru mu Ngabo z’u Rwanda, akaba na Minisitiri w’Ingabo, Gen. Major. BEM Emmanuel Habyarimana, uri mu buhungiro mu Busuwisi yatanze ubuhamya mu...
Fidèle Uwizeye, umwe mu bahungu ba Laurent Bucyibaruta ufite imyaka 48 y’amavuko, yatanze ubuhamya mu rubanza rwa Se, avuga ko yahoranye umutima mwiza agahamya ko...
Mu rubanza rwa Laurent Bucyibaruta ukurikiranyweho icyaha cya Jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano nayo rukaba ruri kubera i Paris mu Bufaransa , umwe mu batangabuhamya...
Urwego rwa ONU rurangiza imirimo yasizwe n’urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, IRMCT, rwemeje ko Phénéas Munyarugarama wahoze ari Liyetona Koloneli mu zari ingabo z’u Rwanda...
Ku munsi wa karindwi w’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta, ruri kubera mu Rukiko rwa Rubanda i Paris mu Bufaransa yavuze ko ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi muri Perefegitura...