Ndindiriyimana Augustin ati “Mu ijambo rya Sindikubwabo nta guhamagarira Abahutu kwica Abatutsi byari birimo”
General-Major Augustin Ndindiliyimana, wahoze ari umugaba wa Gendarmerie y’u Rwanda mu buhamya yatanze mu rubanza rwa Laurent Bucyibaruta ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...